
Uru rukiko (East African Court of Justice) ruzajya ruburanisha ibyaha by’intambara, ibyaha byibasiye inyoko muntu n’ibindi byaha bifite uburemere ku rwego mpuzamahanga.
Mu nama yabereye Arusha muri Tanzania ku cyumweru taliki 28 Mata 2013, abakuru b’ibihugu uko ari batanu ntibifuza ko hari Umunyafurika wajya ajyanwa mu bihugu by’Uburayi agiye gucirwa urubanza.
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Tharçisse Karugarama wari muri iyi nama yabwiye ikinyamakuru Izuba Rirashe ko nta Munyafurika ukwiye kujya ahambirizwa ajyanwa i Burayi.
Soma inkuru irambuye…http://bit.ly/11ync7j
0 comments on “Urukiko rwa EAC rugiye guhabwa ububasha bwo kuburanisha ibyaha by’intambara”