
Ministeri y’ibikorwaremezo (MININFRA) iravuga ko umuhanda wasenyutse mu cyumweru gishize wari ukiri mu maboko y’isosiyete y’ubwubatsi y’abashinwa yitwa China Henan International Cooperation Group Co.Ltd (CHICO), icyakora ngo ibyabaye bikaba byafatwa cyane nk’ibyago bitunguranye aho kwihutira kureba amakosa yaba yarakozwe n’iyi sosiyete yawubatse.
Umunyambanga wa Leta ushinzwe ubwikorezi muri MININFRA yatangarije Izuba rirashe ko Ibiza ariyo ntandaro yo kwangirika …
Dr. Alexis Nzahabwanimana yagize ati, “Twebwe twahageze umuhanda ukimara gusenyuka, amazi yavuye ku musozi niyo yasenye uriya muhanda. Ntabwo ntekereza ko [CHICO]bashobora kwiga ahantu hose, jye ndabona ari Ikiza.”
Soma inkuru irambuye…http://bit.ly/13J1os8
0 comments on “Ninde ukwiye kubazwa isenyuka ry’Umuhanda Kigali-Ruhengeri?”