
Charles Bandora uherutse koherezwa mu Rwanda avanywe muri Norvege, arasaba gufungurwa ku mpamvu z’uburwayi bwa Diyabete.
Abamwunganira barasaba ko yakurikiranwa ari hanze kuko ibyo aregwa bidaherekejwe n’impamvu zikomeye zituma akekwaho icyaha, kandi ngo yafunzwe mu buryo bunyuranye n’amategeko.
Ubushinjacyaha burega Bandora ibyaha bitanu bigizwe no gukora Jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu.
Soma inkuru irambuye…http://bit.ly/165LoVg
0 comments on “Bandora arasaba gufungurwa ku mpamvu z’uburwayi”