Guverinoma y’u Rwanda irimo gushyikirana na Uganda isaba ko Abanyarwanda 16 bahungiye muri icyo gihugu bakwimwa ubuhungiro.
Abo banyarwanda bavuga ko bahunze ku mpamvu z’umutekano wabo nyuma y’uko Ministeri y’uburezi yanze gushyira ahagaragara amanota yabo ngo kuko batujuje amabwiriza y’ikorwa ry’ibizamini mu Rwanda.
Uhagarariye u Rwanda muri Uganda, Ambasaderi Maj. General Frank Mugambage yatangarije ikinyamakuru Izuba Rirashe ko barimo kuganira na guverinoma ya Uganda kugira ngo basubizwe mu Rwanda.
Soma Inkuru irambuye…http://bit.ly/15QKMil
Icyo mbona n’uko nyuma y’imyaka 19,hari hakwiye kubakwa structure mu nzego zose za leta;kuko amabwiriza ya hato na hato usanga agonganisha inzego.Usanga akenshi umuyobozi ariwe structure,agahindagura ibintu buri munsi,noneho bigatera ibibazo nk’ibyo mubona muri ministere y’uburezi.
LikeLike